« Wirengagije amategeko y'Imana ariko ugatsimbarara ku migenzo y'abantu. ” Yakomeje agira ati: “Mbega ukuntu washyize ku ruhande itegeko ry'Imana kugira ngo ukomeze imigenzo yawe! »
Nta nkuru y'ikinyarwanda ihari
2022-04-27 09:44:54 0 Views
Ibyiciro bitegura kwiha Imana mu muryango wacuKu bifuza kuba Ababikira b’Abogeza butumwa biragije Umwamikazi w’Afurika umuryango ubaha intera ku...
2022-03-10 20:42:44 0 Views
Niba ufite ikibazo cyangwa inama runaka ushaka kutugezaho, twandikire ukoresheje form natwe tuzagusubiza vuba. Niba utuye hafi, Waduhamagara ukoresheje nimero n'aderesi zacu ziri munsi, ukaza kudusuura ku cyicaro cyacu.
+250780335904 / +250739066160
amvbutare@gmail.com
Inshingano zacu
Iyogezabutumwa ku banya afrika kugira ngo bamenya Yezu Kristu kandi nabo bamwigishe.
Ibintu byingenzi mu nshingano zacu
Umuryango wacu wavukiye muri Afrika, ari ababikira b abamisiyonari, intumwa zihaye Imana kandi Yezu Kristu akaba iriwe shingiro ryubuzima bwacu. Tubaho mu buzima bw isengesho, n ibikorwa byurukundo, duhamagarirwa gukora umurimo w Imana ku bantu b Afrika. Turi igitsina gore nk abandi ariko inshingano yacu n uguteza imbere umuryango wabanyafrika. Dutumwa kandi twogeza Ijambo ry Imana tuva mu bihugu bitandukanye by Afrika no mu mico itandukanye. Muri uko kubana dutandukanye, tugaragaza urukundo rwa Yezu Kristu muri twe, kandi urukundo rutagira imipaka. Tuba hafi yabo tuba twatumwe gukorana nabo, kwiga ururimi rwabo, twubaha umuco n imyemerere yabo. Twihatira kubana nabo neza no kumva neza ibibafitiye akamaro tukabiteza imbere.
+250780335904 / +250739066160
amvbutare@gmail.com