Marie Salome
Maman Marie Salome yavuze muri make
ibimwerekeyeho,yananditse bike kubuzimabwe uretse ko bimwe yasabye ko bikurwamo
mbere y’urupfu rwe.
Umunsi yahawe ukarisitiya
yambere;umwana marie-Renee yarasenze asaba kuba umutagatifu ukomeye ukora icyo
Imana ishaka. Ndetse no kumpera y’ubuzima bwe icyifizo cye cyakomeje kuba
cyakindi.
Umuganga wamuvuraga yaramubwiye”
Ndatekereza Nyagasani agiye kugutwara” Nuko marie Salome asubiramo imvugo ye
yakundaga ati”Niba Imana ibishaka ntabwoba mfite”.
Ibi byamuteraga umwete n’imbaraga mu
mirimoye ya buri munsi.Noneho yaranditse”Mukwitagatifuzakwacu,tgomba gukora
ubutitsa.Nubwo tutabishobora igihe cyose;Nukuvuga ngo ni mudukorwa dutoya
twaburi munsi twitagatifuriza.yagize utwo dukorwa duto uko twarituri nkihuriro
ryo kunga ubumwe n’ugishaka kw’Imana.
Nka Roho yegiriye Yezu ubuzima
kubwamasezerano yabiyeguriye Imana,yavuzeko;Yezu agomba kuba byose anifuza
kubona ukukwemera mu muryango we.”Nigute dushobora kubigira kumutima bavandimwe
banjye nkunda,kubishyira mu buzima bwacu kugirango bihinduke nkumutego
w’urukundo kukibazo kibabaje Nyagasani yabajije intumwa ze ati”,Ese
mutekerezako igihe umwana w’umuntu azagaruka azasanga hakiri ukwemera mu isi?”
MARIE-RENEE ROUDAUT