Maman Mariesalome

Marie Salome

Maman Marie Salome yavuze muri make ibimwerekeyeho,yananditse bike kubuzimabwe uretse ko bimwe yasabye ko bikurwamo mbere y’urupfu rwe.

Umunsi yahawe ukarisitiya yambere;umwana marie-Renee yarasenze asaba kuba umutagatifu ukomeye ukora icyo Imana ishaka. Ndetse no kumpera y’ubuzima bwe icyifizo cye cyakomeje kuba cyakindi.

Umuganga wamuvuraga yaramubwiye” Ndatekereza Nyagasani agiye kugutwara” Nuko marie Salome asubiramo imvugo ye yakundaga ati”Niba Imana ibishaka ntabwoba mfite”.

Ibi byamuteraga umwete n’imbaraga mu mirimoye ya buri munsi.Noneho yaranditse”Mukwitagatifuzakwacu,tgomba gukora ubutitsa.Nubwo tutabishobora igihe cyose;Nukuvuga ngo ni mudukorwa dutoya twaburi munsi twitagatifuriza.yagize utwo dukorwa duto uko twarituri nkihuriro ryo kunga ubumwe n’ugishaka kw’Imana.

Nka Roho yegiriye Yezu ubuzima kubwamasezerano yabiyeguriye Imana,yavuzeko;Yezu agomba kuba byose anifuza kubona ukukwemera mu muryango we.”Nigute dushobora kubigira kumutima bavandimwe banjye nkunda,kubishyira mu buzima bwacu kugirango bihinduke nkumutego w’urukundo kukibazo kibabaje Nyagasani yabajije intumwa ze ati”,Ese mutekerezako igihe umwana w’umuntu azagaruka azasanga hakiri ukwemera mu isi?”

 

MARIE-RENEE ROUDAUT

Ibindi bitwerekeyeho

White Sisters
BP 89 BUTARE RWANDA
RWANDA - HUYE.

+250780335904 / +250739066160
amvbutare@gmail.com